Tuesday, March 25, 2014

Maitre jad'or :imikino ngorora mubiri itera benshi kugira ubuzima bwiza

Umwite umusore cyangwa umugabo  Maitre Jad’or ku mazina yiswe n'ababyeyi ni Nsabiyumva Jean de Dieu, azwi muri muzika nyarwanda nk’umuhanzi, hari byinshi uy'umugabo asanzwe azwimo hano mu gihugu  cy’imisozi igihumbi azwiho nko kuba   akina Karate akaba ageze kuri Dani  ya gatatu, yewe afite imidari myinshi mubijyanye nu y’umukino wa KARATE.

 usibye ibyo tuvuze haruguru  yazanye agashya mu mujyi wa Muhanga aho abarizwa  yazanye GIM TONIC mu mujyi aha hoze ORION CLUB ubu hitwa kwa Vincent. Mukiganiro kigufi twagiranye kuri Telephone  haricyo yadutangarije  kubijyanye  na  Gim Tonic  yazanye  I muhanga .

”yatubwiyeko abafite ikibazo cy’umugongo bagana   iyo Gim Tonic  kuko ibafasha gukira ndeste abashaka kunanuka nabo barisanga kuko tubafasha kunanuka no murwego rwo kugabanya ibiro,amasaha   dukora ni  ku wa kabiri saa 18h30, ku wa kane ndeste no ku cyumweru mu gitondo saa 7h00”.

Nababwira iki abifuza kugana iyi Gim Tonic byumwihariko baherereye mu mujyi wa Muhanga  nababwira iki!


Jean Bernard Mukundente

No comments:

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...