Thursday, March 13, 2014

As Kigali ikomeje kwisasira amakipe

Umukino wi kirarane wa TNFL wo kumunsi wa 18 wabereye hano I muhanga urangiye ikipe ya As Kigali yegukanye instinzi ya 1-0,igitego cyaje kuboneka mugice cya mbere kwikosa ryakozwe n’umuzamu wa AS muhanga,bajya kuruhuka aricyo gitego 1-0. mu gice cya kabiri ikipe ya As muhanga yagaruste mukibuga ifite inyota yibitego nibwo nko ku munota wa 65 umutoza Ally utoza ikipe ya A s muhanga yasimbuje hakinjiramo umukinnyi Bakame wahinduye byinshi mukibuga,ikipe ya As muhanga yihariye umupira bigaragara bahusha ibitego byabazwe. Indwara yo guhusha ibitego mu Rwanda ubonako yeze cyane kuko ikipe ya As muhanga yahushije ibitego byinshi cyane,navugako ikipe ya As Kigali irokoste.Umutoza Ally mukiganiro n’abanyamakuru bamubajije uko yakiriye instinzwi yagize ati” umukino ntago wanshimishije kuko umuzamu yatanze kado”kukibazo ki misifurire na abakinnyi babuze mukibuga nka Naseri nu muzamu wa mbere yagize ati”imisifurireee iyo umupira warangiye ntacyo njya mbivugaho abakinnyi banjye bamwe baribafite ibibazo imvune kuba dutsinzwe twabuze amahirwe kandi mfite ikizere cyuko tutazamanuka”. Umutoza Kasa nyuma yogutsinda yagize ati”Umukino warimwiza kuba tubashije gukura instinzi hano ni ibintu byiza cyane “kukibazo cyuko bastinda igitego kimwe ndeste nuko yashatse gushyamirana nabamwe mubafite ibyo bashinzwe muri As muhanga” mubyukuri ntakibazo cyabaye ,ibitego ntawanga gustinda byinshi kandi butya byose ni amanota 3” Umukino witabiriwe na ekipe ya Police fc ije kureba ukuntu ikipe ya As Kigali ikina kuko bafitannye umukino wa Champion muri iyi weekend tugiye kwinjiramo.umunyamabanga wa As muhanga nyuma yogutsindwa yagize icyo avuga nyuma yu mukino”mubyukuri dufite ikipe nziza ikibazo twagize ni umuzamu udustindishije umuzamu wa mbere atigeze akina”ku kibazo cyaho Directeur techinique yagiye “Mudenge Janviere arahari kuko inteko rusange niyo yamushyizeho kandi ntiraterana ifate icyemezo cyo kumukuraho kandi niba koko adakora byaba aribibazo”kukibazo cy’umushahara niba abakinnyi bahembwa Gashugi yagize ati”namwe murabizi nka banyamakuru harigihe amafranga atinda ariko ntakibazo cy’umushahara dufite kuko na Prime twemereye abakinnyi barayibonye kandi twiteguye gukina neza igikombe cya mahoro” Jean Bernard Mukundente

No comments:

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...