Tuesday, March 18, 2014
Jack Warner aracyekwaho kuba yarariye bitugukwaha ku gikombe cy'isi cya 2022
Amakuru dukesha BBC Gahuza aravugako uwigeze kuba ikegera cy’umukuru wa FIFA bwana Jack Warner,ikinyamakuru Daily Telegraph cyo mu bwongereza cyatangajeko uwo mugabo yahawe bitugukwaha(Ruswa) ingana na za Miliyoni nuwahoze ayoboye urwego rw’umupira w’amaguru muri Qatar.
Amafranga Jack Warner ya yakiriye nyuma yahoo igihugu cya Qatar gitsindiye kwakira imikino y’igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2022.
Yanditswe saa 18h10
Jean Bernard Mukundente
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)
Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...

-
Photo//Igihe Kicukiro: Dr Nyirahabimana Jeanne Muhanga : Uwamariya Beatrice Nyanz...
-
Ubwongereza - Premier League Tottenham Hotspur 14 : 45 Arsenal Manchester City 17 : 00 Aston Villa Newcastle United 17 ...
No comments:
Post a Comment