Tuesday, March 18, 2014

Jack Warner aracyekwaho kuba yarariye bitugukwaha ku gikombe cy'isi cya 2022

Amakuru dukesha BBC Gahuza aravugako uwigeze kuba ikegera cy’umukuru wa FIFA bwana Jack Warner,ikinyamakuru Daily Telegraph cyo mu bwongereza cyatangajeko uwo mugabo yahawe bitugukwaha(Ruswa) ingana na za Miliyoni nuwahoze ayoboye urwego rw’umupira w’amaguru muri Qatar. Amafranga Jack Warner ya yakiriye nyuma yahoo igihugu cya Qatar gitsindiye kwakira imikino y’igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2022. Yanditswe saa 18h10 Jean Bernard Mukundente

No comments:

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...