Friday, March 14, 2014

EPL iraza kuba ikomeza mu mpera za wee-end

Champion yo mu gihugu cyu bwongereza izakomeza muri iyi week-end kuwa 6 gatandatu taliki ya 15,03/2014 na taliki ya 16/03/2014 imikino iteye kuburyo bukurikira. Isaha ni Gmt England - Premier League March 15 05:45 Hull City ? - ? Manchester City 08:00 Everton ? - ? Cardiff City 08:00 Fulham ? - ? Newcastle United 08:00 Southampton ? - ? Norwich City 08:00 Stoke City ? - ? West Ham United 08:00 Sunderland ? - ? Crystal Palace 08:00 Swansea City ? - ? West Bromwich Albion 10:30 Aston Villa ? - ? Chelsea March 16 06:30 Manchester United ? - ? Liverpool 09:00 Tottenham Hotspur ? - ? Arsenal

Imbwa ye yamurokoreye ubuzima

Amakuru dukesha ikinyamakuru Dailymail cyasohoste taliki ya 10/02/2014 aravugako mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika,umugore w'imyaka 56 ya mavuko Imbwa yatumye akira  cancer yibere.


Mrs Papazian (pictured with her husband, Harry) went for a mammogram and was diagnosed with aggressive breast cancer - she had to have a double mastectomy and chemotherapy but is now cancer-free
Diane Papazian uturuka New York ,yavuzeko igihe imbwa ye yari ikirinto ifite amezi agera kuri ane,yamushimaga mugituza ikoresheje amazuru nu munwa .Diana Papazian akomeza avugako nyuma yahoo imbwa ye ivumburiye ubwo busebwa mu gituza cye ,yahise ajya kwa muganga gukoresha mammogram(uburyo bukoreshwa basuzuma niba umugore afite Cancer ya mabere)

arongera akoresha kabiri kose icyo twakwita mu rurimi rw’icyongereza mastectomy and chemotherapy(uburyo bukoreshwa bakuraho amabere yafashwe na Cancer ndetse n’ubundi  buryo bakoreshwa basuzuma icyorezo ,cyane cyane Cancer)nyuma yaje gukira Cancer.


Diane Papazian wasezeranye na  Harry ufite imyaka 57 ya mavuko aravuga ati”ni shimiye imbwa  yanjye nubwo  itangaje kandi ifite ubutwari ,  yanandokoreye ubuzima”akomeza avugako kandi iyi mbwa yitonda kandi ituje,yigikundiro, kuko iba yifuza kuba yicaye iruhande rwabo.

When he was just four-months-old, Troy kept nuzzling at Mrs Papazian's breast. He caused an itchy allergic reaction and when she scratched it she found a lumpPhoto internet Ngiyo imbwa yahawe igihembo yitwa Troy

Iyi nyarubwana yaje gutoranwa nu muryango American Humane Association nk’intwari mumbwa ihabwa igihembo.

Diane Papazian avugako bifite icyo ivuze kubantu bumva iyi nkuru,ndi muzima nta Cancer nkirwaye ,Imbwa yanjye ni nyabwenge kandi iratangaje,kuko yandokoreye ubuzima.




J Bernard Mukundente.

Ingaruka za Telephone mobile kubazikoresha

Nkuko bitangazwa n'abahanga mu ikoranabuhanga, telefone ngendanwa izi bakunze kwita Mobile ziteza ibibazo byinshi bitewe n'imirasire électro-magnetiques, bimwe muribyo harimo: kanseri , indwara zo mu bwonko (céphalées) n'izindi n'izindi.

Menya uburyo wakoresha telefone yawe neza kugirango itagutera indwara cyangwa ibindi bibazo byahungabanya ubuzima bwawe. Dore uko wabigenza kugira ngo udahura nizo ngaruka:

1. sibyiza ko abana bari munsi yimyaka 12 bakoresha telefone kuko ingingo zabo ziba zitarakomera neza.

2. Gerageza kutegereza telephone yawe umubiri igihe uri kuyivugiraho.

3. Irinde kuraza telephone yawe hafi y'umutwe wawe cyane cyane kubagore batwite. Niba utajya uyizimya kugira ngo abaguhamagara batakubura, yishyire hirya yawe muri centimetero 30 uvuye ku mutwe wawe. Gusa icyiza cyagufasha kwirinda nuko wayizimya mu gihe ugiye kuryama.

4. Mugihe uyitwaye mu mufuka w'ipataro, gerageza kwerekeza ama-touches yayo ku mubiri wawe kuko inyuma hayo (ahagana inyuma haba batiri yayo) hashobora kukugiraho ingaruka.

6. Gerageza kuvugira kuri telefone mobile yawe igihe gito, mu gihe ushaka kuyivugiraho igihe kirekire byaba byiza ukoresheje écouteur cyangwa akaba ari nazo uzajya witabiraho ibihe byose kuko nibyo byagufasha kwirinda biruseho. Ibi nukugirango urinde umutwe wawe imirasire électromagnetique iba icicikana hagati y'iminara igihe urimo gukoresha telefone.

7. Irinde gushyira telefone yawe ku gutwi igihe uwo uhamagara atarayifata. Icyiza nuko wategereza akabanza akayifata, telefoni irabyerekana iyo ayitabye wabirebera muri tableau yayo (screen).

8. Mugihe ubona uri kuvugira kuri telefone igihe kirekire, hinduranya imisaya. Ubushakashatsi bwa vuba bugaragaza neza ko igice cy’ubwonko cyerekeranye n’ugutwi ukoresha kenshi uvugira kuri telefoni kiba gifite ibyago byo gufatwa na KANSERI y’ubwonko incuro 2.5 kurusha igice kindi gisigaye.

8. Mugihe ubona muri telephone yawe réseaux (network) ari nkeya irinde guhamagara cyangwa kwitaba
telefone yawe.

9. Irinde kuvugira kuri telefone yawe igihe uri mu modoka, cyangwa igihe uri kugenda n'amaguru wihuta.

10. Ntukitabe cyangwa uhamagare igihe umuriro wenda gushira muri telefoni. Impamvu nuko iyo umuriro ugiye gushira telefoni iba ikurura ikanarekura imirasire (rayons) électromagnetiques nyinshi cyane.

S:Dominic nic

Javier Mascherano ” We pray for you”




Umukinnyi wa Fc Barcerone Javier Mascherano  kurukuta rwe rwa twitter yagize ati” Congratulations Holy Father for your first Pontificate's year. We pray for you”. Uko bigaragara kw’ifoto Papa Francis arikumwe  n'umuryango wa Javier Mascherano  ni mugihe Papa Francis yuzuzaga umwaka ayoboye Kiliziya Gatolika  k’umunsi wejo hashize taliki ya 13/03/2014.


Jean Bernard Mukundente

Police y’urwanda yasezereye abapolice basaga 74

Taliki ya 12,03,2014 Police y’urwanda yasezereye abapolice basaga 74 mu muhango wayobowe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harerimana,yabashimiye ukuntu bitangiye umurimo bakoraga wo kwitangira igihugu na polisi y’urwanda. Mw’ijmbo yavuze yagize ati” "Mwaritanze igihe mwari ku rugamba rwo kubohora igihugu, kandi hari na bagenzi banyu bazize iyo mpamvu. Mwitanze uko mushoboye mu kubaka Polisi y’u Rwanda, ku buryo ubu yubashywe mu rwego rw’isi. Uyu muryango mwarimo ntimuwuvuyemo, kandi urukundo mwakundaga igihugu rugomba gukomereza no mu buzima mugiyemo." A bapolisi basezerewe bagera kuri 74barimo ba Komiseri ba Polisi babiri, ba ofisiye bakuru na ba ofisiye bato basezerewe muri Polisi y’u Rwanda. Abo ba Komiseri basezerewe harimo Komiseri wa Polisi (CP) Steven Balinda, na Komiseri wungirije wa Polisi (ACP) Yoweri Ndahiro. Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana, yavuze ko aba ari intwari z’igihugu zitanze, kandi zitigeze zitererana na Polisi igihe cyose bamaze muri uwo murimo. Uwavuze mw’izina ryabasezerewe CP Steven Balinda yashimiye igihugu na Polisi y’u Rwanda, inkunga babateye igihe bari mu kazi. yasoje asaba abapolisi basigaye mu kazi gukomera ku muco w’ubutwari no gukunda igihugu, bagakomeza kubaka Polisi y’umwuga, bagakomeza kubumbatira umutekano haba mu gihugu no hanze yacyo. S: kigalitoday.com

Thursday, March 13, 2014

Papa Fransis yujuje umwaka ayoboye kiliziya Gatolika

Uy'umunsi muri kiliziya Gatolika bizihije umwaka Papa Franscisco atorewe kuyobora kiriziya Gatolika ,ninyuma yaho uwamubanjirije papa Benoit 16 yeguriye ku murimo yokuyobora kiliziya Gatolika. Jean Bernard Mukundente

As Kigali ikomeje kwisasira amakipe

Umukino wi kirarane wa TNFL wo kumunsi wa 18 wabereye hano I muhanga urangiye ikipe ya As Kigali yegukanye instinzi ya 1-0,igitego cyaje kuboneka mugice cya mbere kwikosa ryakozwe n’umuzamu wa AS muhanga,bajya kuruhuka aricyo gitego 1-0. mu gice cya kabiri ikipe ya As muhanga yagaruste mukibuga ifite inyota yibitego nibwo nko ku munota wa 65 umutoza Ally utoza ikipe ya A s muhanga yasimbuje hakinjiramo umukinnyi Bakame wahinduye byinshi mukibuga,ikipe ya As muhanga yihariye umupira bigaragara bahusha ibitego byabazwe. Indwara yo guhusha ibitego mu Rwanda ubonako yeze cyane kuko ikipe ya As muhanga yahushije ibitego byinshi cyane,navugako ikipe ya As Kigali irokoste.Umutoza Ally mukiganiro n’abanyamakuru bamubajije uko yakiriye instinzwi yagize ati” umukino ntago wanshimishije kuko umuzamu yatanze kado”kukibazo ki misifurire na abakinnyi babuze mukibuga nka Naseri nu muzamu wa mbere yagize ati”imisifurireee iyo umupira warangiye ntacyo njya mbivugaho abakinnyi banjye bamwe baribafite ibibazo imvune kuba dutsinzwe twabuze amahirwe kandi mfite ikizere cyuko tutazamanuka”. Umutoza Kasa nyuma yogutsinda yagize ati”Umukino warimwiza kuba tubashije gukura instinzi hano ni ibintu byiza cyane “kukibazo cyuko bastinda igitego kimwe ndeste nuko yashatse gushyamirana nabamwe mubafite ibyo bashinzwe muri As muhanga” mubyukuri ntakibazo cyabaye ,ibitego ntawanga gustinda byinshi kandi butya byose ni amanota 3” Umukino witabiriwe na ekipe ya Police fc ije kureba ukuntu ikipe ya As Kigali ikina kuko bafitannye umukino wa Champion muri iyi weekend tugiye kwinjiramo.umunyamabanga wa As muhanga nyuma yogutsindwa yagize icyo avuga nyuma yu mukino”mubyukuri dufite ikipe nziza ikibazo twagize ni umuzamu udustindishije umuzamu wa mbere atigeze akina”ku kibazo cyaho Directeur techinique yagiye “Mudenge Janviere arahari kuko inteko rusange niyo yamushyizeho kandi ntiraterana ifate icyemezo cyo kumukuraho kandi niba koko adakora byaba aribibazo”kukibazo cy’umushahara niba abakinnyi bahembwa Gashugi yagize ati”namwe murabizi nka banyamakuru harigihe amafranga atinda ariko ntakibazo cy’umushahara dufite kuko na Prime twemereye abakinnyi barayibonye kandi twiteguye gukina neza igikombe cya mahoro” Jean Bernard Mukundente

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...