Inezastar: Ivanjili ya Mutagatifu Mariko 10,17-27
___________...
Sunday, March 2, 2014
Ivanjili ya Mutagatifu Mariko 10,17-27 _________________ Yezu agihaguruka aho, umuntu aza yiruka amupfukama imbere, aramubaza ati «Mwigisha mwiza, nkore iki kugira ngo nzabone ubugingo bw’iteka ho umurage?» Yezu aramubwira ati «Kuki unyita mwiza? Nta mwiza ubaho, keretse Imana yonyine. Uzi amategeko: ntuzice, ntuzasambane, ntuzibe, ntuzahamye ibinyoma, ntuzagirire abandi nabi, urajye wubaha so na nyoko.» Uwo muntu aramusubiza ati «Mwigisha, ibyo byose nabikurikije kuva mu buto bwanjye.» Yezu aramwitegereza yumva amukunze; aramubwira ati «Ubuze ikintu kimwe gusa: genda ugurishe ibyo utunze, ubihe abakene, uzagira ubukire mu ijuru, hanyuma uze unkurikire.» We ariko abyumvise arasuherwa, agenda ababaye, kuko yari atunze ibintu byinshi. Nuko Yezu araranganya amaso, abwira abigishwa be ati «Mbega ukuntu kuzinjira mu Ngoma y’Imana biruhije ku bakungu!» Abigishwa batangazwa n’ayo magambo; Yezu ariko abibasubiriramoati «Bana banjye, mbega ukuntu biruhije kwinjira mu Ngoma y’Imana. Umunsi mwiza
Zaburi 92:2-9
Ni byiza gushima Uwiteka no kuririmba izina ryawe ishimwe,usumbabyose kwerekana imbabazi zawe mu gitondo,n'umurava wawe uko bwije,tubwira inanga y'imirya na cumi na nebelu,tubwirisha inanga y'imirya ijwi ry'uwibwira kuko wowe,wanyishimishije n'umurimo y'intoki zawe.
Uwiteka ,erega imirimo wakoze irakomeye !ibyo utekerezabifite uburebure bw'ikijyepfo,umuntu umeze nk'inka ntazi ibi umupfu ntabimenya:Iyo abanyabyaha baruste nk,ibyasti ,kandi inkozi z'ibibi zose iyo zeze,ni ukugirngo barimbuke iteka:Ariko wowe Uwiteka ,Ushyizwe hejuru iteka ryose.
Kristu Yezu ababundikire mubababa ye,abarinde wa mubi.
Murote Imana mw'ibuka kuyiragiza!
Ni byiza gushima Uwiteka no kuririmba izina ryawe ishimwe,usumbabyose kwerekana imbabazi zawe mu gitondo,n'umurava wawe uko bwije,tubwira inanga y'imirya na cumi na nebelu,tubwirisha inanga y'imirya ijwi ry'uwibwira kuko wowe,wanyishimishije n'umurimo y'intoki zawe.
Uwiteka ,erega imirimo wakoze irakomeye !ibyo utekerezabifite uburebure bw'ikijyepfo,umuntu umeze nk'inka ntazi ibi umupfu ntabimenya:Iyo abanyabyaha baruste nk,ibyasti ,kandi inkozi z'ibibi zose iyo zeze,ni ukugirngo barimbuke iteka:Ariko wowe Uwiteka ,Ushyizwe hejuru iteka ryose.
Kristu Yezu ababundikire mubababa ye,abarinde wa mubi.
Murote Imana mw'ibuka kuyiragiza!
Saturday, March 1, 2014
EPL:Chelsea yegukanye itsinzi Arsenal itashye amaramasa Champion y'igihugu cy'ubwongereza yari ya komeje kuri uy'uwa gatandatu taliki ya 1 werurwe,umwaka wa 2014. Imikino nuku irangiye Everton 1-0 West Ham Fulham 1-3 Chelsea Hull 1-4 Newcastle Stoke 1-0 Arsenal Ikipe ya Arsenal ihuye nuruva gusenya kuko yongeye gukorwa mujijo itsindwa na stocke1-0,Arsene wenger na basore be bataha bimwiza imoso,mugihe Mourinho afashijwe n'umudage Andre schul kwegukana itsinzi,kuko wenyine atsinze 3.bikaba bitumye basiga ho amanota 4 kuri Arsenal. Ikipe ya Arsenal ikaba ifite urugamba rutayoroheye kuko muri champions league izerekeza mu budage kwa Bayern.ese izahikura amahoro ibashe kwishyura,reka tubitege amaso.
Caf confederation cap:As kigali ikomeje kwitwara neza. Umukino wa huzaga ikipe ya As kigali na Al shandy yo mu gihugu cya Sudan,mu marushanwa ya caf confederation,umaze kurangira hano i nyamirambo ikipe ya As kigali ibashije gutsinda 1-0 cyatsinzwe na Murengezi Rodrigue ahagana k'umunota wa 34. igice cya mbere cyaje kurangira amakipe anganya 0:0,urebye nta gikomeye cyagaragaye mu gice cya mbere.gusa ku mpande zombi habayeho kwatakana,nko kuruhande rwa As kigali wabonagako ariyo yasaga nkaho irusha Al shandy. Nyuma yo kuva mu kiruhuko,ikipe ya As kigali yagarukanye imbaraga isatira cyane,gusa Al shandy nka ekipe imenyereye amarushanwa yabyitwaragamo neza,kuruhande rwa As kigali Jimmy mbaraga yabonye amahirwe ntiyayabyaza umusaruro,ukabonako mu busatirizi hakirimo guhuzagurika bahusha ibitego bya bazwe.ahagana ku munota wa 34 umukinnyi Murengezi Rodrigue yafunguye amazamu,umukino urangira gutyo. Hategerejwe umukino wo kwishyura muri Sudan. As kigali n'ubushize mu mukino ubanza yatsinze Academic ch 1-0.
Akamaro Ka zimwe mu mbuto
Photo internet
Akamaro Ka zimwe mu mbuto ICUNGA:zituma amaraso agira ireme kandi akiyongera,ziga kingira umubiri,zirinda umunaniro abakoresha ubwenge cyane. IMBUHU:zikura imisenyi mu mubiri,zivura umutwe wigize kagarara,zigako resha impyiko.
IKINYOMORO:gitunze vitamini C,gitera kwihagarika neza,gikoresha impyiko neza,kirakenewe igihe impyiko zirimo imisenyi,igihe hariho kugomera inkari zikaza ari duke duke,goutte,n umubyibuho w ikirenga.
INKERI:zikize muri vitamin A ,C na E.ziri mu bikingira kanseri no kurinda imitsi kumagana,... Imana ishimwe kuko yadukikije ibyokuturinira ubuzima izina ryayo rihimbazwe Amen. {Ingabo Y umuryango Wawe P22,23}abazi ibyubuzima bo bati:aho barya imbuto mu buryo buhebuje,indwara ntizishobora kuhinjira
Subscribe to:
Posts (Atom)
Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)
Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...
-
Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...
-
Champion y’urwanda yari yakomeje kuriki cyumweru,ikipe ya Rayon sports yari yakiriye Espoir yi rusizi ,mu mu...
-
Umukino wa Turbo national football League waberaga kuri Stade ya Kigali I nyamirambo ikipe ya Rayon Sports ibashije kwegukana amanota ...