Saturday, September 20, 2014

ICYI NICYO GIHE CYAWE CYO GUKURWAHO ICYO IGISUZUGURIRO.





Aline Capps

Ntawukorera Imana ngoyikorere amaboko, abubaha Imana baca muri byinshi bitaboroheye, yewe bigera naho abantu bagirango Imana yabo yarabataye, bakitwa amazina mabi ashoboka yose n'abakagombye kubikorerera Imitwaro, bagaca mu misozi bagaca mu mataba ariko kandi muri ibyo byose iyo batavuye mu isezerano, iyo Imana ibibutse buri muntu wese yaba uwizera cyangwa amupagani babonera rimwe ko Imana yabo itabara kurenza uko umwana w'umuntu atabara.
Mwene data komera kuko igihe kiraje ko Imana iguhindurira izina n'amateka, ikagukuraho igisuzuguriro kandi abo bari baragutaye bazakugarukira ndetse banagusabe imbabazi!! Komera kandi ushikame kuko igihe cyawe cyo kuzenguruka uwo musozi kigiye kugira iherezo!! Ubwo abo bazaza kugusaba imbabazi uzabababarire ushingiye kuri Matayo 6:14-15.
Humura kuko amarira n'amaganya yawe yageze k'Uwiteka Kandi yohereje Malayika wo kukurwaninira urwo rugamba kuko yabonye ko wari umaze kunanirwa, yewe wari ugeze naho uri ikibsha gusenga no gusoma ijambo ry'Imana!! Gusa ngo ntuzibagirwe aho yagukuye kandi ngo uzabere abandi umugisha bazaza barimo guca muri iyo nzira itoroshye wanyuzemo!! Nukomeza guca bugufi Imana izakuzamura ariko kandi niwibagirwa ukishyira hejuru uzongera umanurwe birenze aho wahoze!! Komera rero kuko icyi aricyo gihe cyawe cyo gukurwaho uwo muruho nicyo gisuzuguriro!!
-Aline Capps

Thursday, June 26, 2014

Fifa yahagaritse Luis Suarez azira kurumana





 Photo internet Luis Suarez


Ishyirahamwe ry’umupira wa maguru  kw’isi rya maze guhagarika umukinnyi  Luis Suarez imikino icyenda yose adakinira ikipe y’igihugu cya Uruguay  ndetse na mezi  ane adakandagira mu kibuga, kubera ibikorwa bibi byo kwitwara nabi aruma mugenzi we  Giorgio  Chiellini   ukinira ikipa y’ubutaliyani.

Luis Suarez   yaje kuruma  Georgio Chiellini  ku rutugu  ubwo Uruguay yatsindaga ubutaliyani 1-0  mugikombe cy'isi ,umukino wabaye kuwa 2 wiki cyumweru turi gusoza ,aho umusifuzi atigeze abona  ikosa ryari ryakozwe  nuy’umukinnyi  Luis Suarez. Claudio Sulser  Chairmana wa FIFA ushinzwe imyitwarire yavuzeko hari  amakosa adakwiriye kwihanganirwa  mu gikombe cy’isi  kuko abantu benshi baba bahanze amaso  ibiri kubera mukibuga.


President wa Federation muri Uruguay Wilmar Vardez ati”ibi ni ibihno bikomeye pe!bisa nkaho bidukuye mu gikombe cy’isi.”twabibutsako  ibi bibnye ubugira gatatu Luis Suarez agaragaraho ingeso mbi zo kurumana mu kibuga,bwa mbere bya baye ubwo yakinaga muri Ajax ,ubundi akinira Liverpool ubwo yaje kuruma  umukinnyi Branislav Ivanovic  mu kwezi kwa kane umwaka wa 2013 akaza  guhagarikwa imikino igera  kwi cumi yose aho mugihugu cy’ubwongereza.

Igikombe cy'isi

 




Igikombe cy'isi kirakomeje  mu gihugu cya Brazil  uy'umunsi taliki ya 26 ukwezi kwa kamena umwaka wa 2014 kw'isaha ya 18h00 za hano mu Rwanda  ikipe ya Portugal iraza kuba ikina na Ghana ,aha birasaba ko ikipe ya Ghana yatsinda niba ishaka gukomeza mu mikino ya 1/8 .
Amakipe aya ni amwe mu makipe amaze kubona itike ya 1/8 ni Brazil Mexique,Argentine ,Nigeria,France,Ubugereki ,Costa rica ,Chile,

Nguku uko imikino  itegerejwe kuza kuba



Estadio Nacional de Brasilia June 26
       18:00
Portugal vs Ghana





referee :


Nawaf Shukralla (Bahrain) 



 Arena Pernambuco June 26
18:00
USA vs Germany






referee :


Ravshan Irmatov (Uzbekistan)






 Arena da Baixada (Joaquim Americo) June 26
10:00 Algeria Vs Russia


Arena de Sao Paulo June 26
South Korea
vs
Belgium  


















Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...