Wednesday, June 25, 2014

U Rwanda rwatakaje umudogiteri wari uzobereye mu kubaga amagufwa




Nyamagabe: Ku muhanda wa Musange-Gasaka habereye impanuka ikomeye y'imodoka ya RDF yarimo Dr Murego Charles (Coordinateur de Service medical MINADEF), yari avuye ku bitaro bya Kaduha; yaje gupfa yagejejwe ku Bitaro bya Kaduha, indege ya RDF yari ije gukora ubutabazi isanga byarangiye kuko yapfiriye mu nzira iva ku Bitaro ijya aho indege yari iri, uwari umutwaye nawe yakomeretse cyane.

Source:#OswakimOswaldUmusaza

No comments:

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...