Friday, February 19, 2016

Ni gute wabaho wishimye iteka.



 
Photo/Internet  

Bivugwako ubuzima ari amahitamo.kubaho wishimye ni uguhitamo.guhitamo    igihe cyose kuba wishimye bizagushimisha ubwawe.ibyishimo ni nku mubavu  ukura mubandi nawe ubwawe !soma izi ntambwe uhitemo buri munsi kubaho wishimye
                
1.Hitamo “buri kimwe cyose cyaba  cyiza cyangwa kibi nshaka kuba  nishimye nkazahora n’ishimye iteka”Nta gihe runaka n' amabwiriza yibyishimo.
2 .Ubuzima buroroshye:Wibukomeza, gutakaza ikizere n’ubwoba nibimwe bigaragaza gutekereza nabi .
3. Kumenya  kuringaniza:byose ni ukubiringaniza ,niba wiyumvamo agahinda cyangwa ukutishima ibaze ubwawe,N'aramarangamutima yanjye ,imyitwarire cyangwa uko ngaragara byaba biraringaniye?niba ataribyo gerageza kubivugurura  ubiringanize nyuma uzabonako uzaba wishimye.
4 .Ihe icyubahiro ubwawe .Nubwo umusaruro wawe waba warabaye mucye byishimire cg ubyihere icyubahiro ubwawe kubwi mbaraga n’umuhate wakoresheje mu kubigerahobigire nk’umuco.
5.Gira  imyizerere yawe.Abantu kenshi bahinduka kubyo bizera kuba  ubwabo niba wizera ntushobora gukora ikintu,biguhindura kudashobora kubikora .ibuka  mugihe wizeye ko unashoboye,hanyuma ubibone mu bwitange washyizemo n’ubushobozi bwo kubikora nubwo utabigize mu itangira .baho mu myizerere yawe.

6.Uko wizera ibintu .bigufasha kugera ku ntego wihaye.bikaguha  ibisubizo bitangaje

   7.Ibere inshuti nziza ubwawe .hagarara imbere y’indorerwamo uvuge ubwawe”Ndikumwe nawe iteka.ntago nzatuma ujya hasi”
   8.Izere ushyire mu bikorwa nkaho  byari ibidashoboka gutsindwa .Koresha ibibazo nka mahirwe mukugera ku nstinzi ubwawe . gerageza kuba umunyembaraga mubibazo ibyaribyo byose.ishimire mu mpinduka uhura nazo.ryoherwa ni bihe byose mu buzima bwawe.
   9.Nukora ikosa cyangwa ugahitamo nabi byemere unasabe imbabazi
Ntuzatinye ahazaza isuzuma watsinzwe ntago rihagarika kugera kunzozi zawe niba utareka ubwawe kubyizera. 
    10.Ntukizere icyaricyo cyose kivuye kuwundi.Mugihe ibyifuzo   bitujujwe,biguha ububabare ,mugihe ubonye ikintu utatekerezaga bigutera ibyishimo .kora neza!
11.Witinya gutsindwa ngo uhagarike.Mugihe kimwe utangiye gukora ikintu ,wigira ubwoba bwo gutsindwa kandi wibireka.Umuntu ukora arishima.
     12.Ntakigomba gutinywa mu buzima .Ni ukubisobanukirwa gusa!
13.Ibuka abantu benshi bishimye bitewe nibyo bahisemo kuba

       14. Gira icyo ukora:Icyo ukora  siko iteka cyizana ibyishimo.ariko  nta byishimo  nta gikorwa.icyukora ni uguhangana nibikomeye nibyaribyo byose bituma utakaza    icyizere.bikore!
.15.Horana icyizere.Iteka shimishwa nibyo ufite ubu .iyiteho  ubwawe nkaho ari wowe munyamahirwe ku isi.hari abantu badafite amafunguro ,imyambaro nibindi byangombwa mu buzima.ugomba kwiga kubaho wishimye mubyo wabonye.
16. Wigerageza kwigira umumarayika.ntawe udakosa
17. Ntugate umwanya utekereza icyo abandi bagutekerezaho
18. Iga kwikura mu mazi abira:Ubwawe kugiti cyawe igomba kwiga uburyo buri kibazo cyose wahangana nacyo.
19 Ibuka,ibyishimo ntago biterwa nuwo uriwe cyangwa icyo ufite. Biterwa nicyo utekereza cyangwa .
  20. Mwenyura .Iteka komeza kugaragaza akanyamuneza ku isura yawe inzozi birashonoka   ko zaba ukuri ,ariko ufite kubikorera 



No comments:

Know more about Rwandan initiative through innovation (RINI)

Is a local non-governmental organization officially approved by RGB (Rwanda Governance Board) working since 2013 in the field of envir...